Nkuko tudasiba kubagezaho byinshi byiza ku bw’iterambere ry’igihugu,iyi nshuro Celebzmagazine.com twatangije gahunda ya Shaka umukunzi kandi tukazajya tubahuza n’abo mukunda.Wigira ipfunwe irekure itubwire uko ubyumva,uwo wifuza maze mwibanire akaramata mu rukundo.
Mwiriwe nje hano nanjye nifuza umukunzi uri serieux ndi umukobwa wimyaka 28 ndangije kaminuza,ntakazi mfite ndi imibiri yombi mfite ibiro 58kg indeshyo ni 1m 53 ndifuza umuhungu wiyubaha ushyira mu gaciro utari umusambanyi pe kuko sibyo binzanye hano wifuza kuba yakura umugore hano ufite gahunda yo gushinga urugo bitarenze umwaka utaha afite icyo akora cyatunga urugo.Ubyujuje yambona kuri iyi numero+250725241590. Murakoze
Akazuba Cynthia-Celebzmagazine.com
Bana natwe tugususurutse umenye
Nge ibyinshi wampamagara tukavugana
0788347815
Ndi umusore
Muraho!ndifuza umukunzi w’umusore ukuze guhera kuri 27 years old kuzamura!agomba kuba yiyiziho ubunyangamugayo kdi yiyubaha!afite akazi akora kamutunze byaba ari byiza Gusa icyingenzi nukuba ukunda umurimo !njye ndi umukobwa ufite imyaka 24,imibiri yombi kdi ubyibushye!nta kazi mfite ndacyashakisha! NB:sinshaka umusore w’imico mibi ndashaka urukundo rudashingiye ku busambanyi cg amafaranga!
Ushyize numero cg EMail muri comments nakwandikira
Ndahari nyandikira email felinado4@gmail.com
Bellange mpamagara dupamge mfite gahunda ntabwo nkina mpa number yawe nitwa Kelly CYUBAHIRO 0783276397
Ndi umugabo nshaka umuknbwa winzobe ubyibushye,+250753096123
Ok,nyandikira kuri munanajeanmari@gmail.com cyangwa fmunana@yahoo.com,niba uri serieuse ariko!
Nyandikira kuri rwandarwiza05@gmail.com ibindi tubivuganeho.
Ibi bintu bizaduhira?
Muraho! Nitwa Mukamana Diane ndi umukobwa w’umurokore ndi imibiri yombi mfite 28 years mfite umwana umwe uba iwacu ,ndifuza umukunzi w’umusore uri serieus udakina ushaka kubaka kuko najye ndashaka kubaka ndashaka rero umusore cg umugabo watandukanye n’umugore ufite kuva kumyaka 28-45 yaba afite akazi cg atagafite yaba inzobe cg igikara jye sindeba isura cg ibintu kuko birashakwa niba ufite urukundo nyakuri wifuza kubaka ngwino nguteteshe mpamagara kuri 0785622179 uwumva akina ntazampamagare svp
Muraho? Ndi umusore w’imyaka 34 ndifuza umukobwo ufite imyaka 22-33 afite gahunda yo kubaka mba kgl 0783276397
Muraho? Ndi umusore w’imyaka 34 ndifuza umukobwo ufite imyaka 22-33 afite gahunda yo kubaka mba kgl 0783276397
Mwiriwe? Nje hano nshaka umukunzi wukobwa cg umumama uri serieuse udakina ushaka kubaka kuko najye ndashaka kubaka ndashaka rero umukobwa cg umumama watandukanye n’umugabo ufite kuva kumyaka 28-45 yaba afite akazi cg atagafite yaba inzobe cg igikara jye sindeba isura cg ibintu kuko birashakwa niba ufite urukundo nyakuri wifuza kubaka ngwino nguteteshe mpamagara kuri 0788412998 twavugana murakoze. Ariko abakina simbashaka
Nyita John siryo Zina ryanjye;ariko ndashaka umukunzi: mfite 43ans mfite umugore tutabyaranye;ndashaka umukobwa mwiza(face&physical fitness)witeguye kumbyarira tukabana tugafatanya kurera yarize sécondaire mba Kigali mfite inzu mucyaro ufite gahunda ahamagare 0732309431 nanjye niteguye kumutetesha.
Ndashaka umugabo wagize ibikomere mu rushako wujuje ibi: Afite imyaka 42-47 njye mfite 40 ,yarandujwe hiv nanjye niko byangendekeye,afite abana 2 nanjye nibo mfite,afite akazi nanjye ndagafite.Tel: 0789913221
Nitwa Ineza Sabine ndi umukobwa mwiza w’imyaka 25 ariko mbana na Hiv ndifuza umusore uri serious twabana tukubaka umuryango agomba kuba nawe abana na Vih kuko nakunzwe nabenshi tudahuje bikangora kubahakanira.
Agomba kuba asenga kandi akunda Imana.
Umuntu wumva ari serieux adakina yahamagara kuri 0781046345 iri no kuri whattsap
Nitwa nishimiye umugore ushaka kubaka akaba yarize arengeje 30 anyandikire kuri Email gaspardengi@gmail.com