Diana Edward wabaye Miss wa Tanzania 2016/2017 yemeza ko ari mwiza ariko akababazwa nuko abagabo bamutinya uretse abamutereta bashaka kumusambanya gusa.
Uyu wa Kabiri taliki ya 30 Nyakanga 2019 Diana aganira n’itangazamakuru, yavuze ko kuba ari mwiza ndetse akaba n’icyamamare byamubujije gukundwa bituma abasore bakamusabye gukundana bakabana bamutinya ngo benshi bamwirukaho ahanini bashaka gusangira no kumusambanya gusa.
Mu mvugo yuje umubabaro,yavuze ko yigeze gukunda no gukundwa ariko ku bw’imbaraga z’Imana atandukana n’umukunzi we.
Ihogoza Sandrine
Bana natwe tugususurutse umenye